Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Areruya na bagenzi be bakiriwe mu buryo budasanzwe nyuma yo guhesha igihugu ishema
24/01/2018 - 08:35
Nyabihu TVET School iratangirana n’ umwaka w’amashuri wa 2018
23/01/2018 - 12:50
Diamond yatunguwe n’abana batabona bazi indirimbo ze
19/01/2018 - 22:46
Diamond Platnumz yasuye ikigo cy’abana batabona mu Rwanda
19/01/2018 - 22:40
Rulindo TVET School izigishirizwamo gucukura amabuye y’agaciro gusa
18/01/2018 - 08:56
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo n’uw’ubumwe bw’u Burayi
17/01/2018 - 08:28
Ibisubizo bidahwitse byatumye Divine w’Inyamirambo asezererwa muri Miss Rwanda 2018
16/01/2018 - 08:53
Perezida Kagame mu ruzinduko rw’akazi muri Tanzania
15/01/2018 - 14:35
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo