Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RUSIRARE amaze imyaka 30 arimbisha Kigali (Video)
5/04/2019 - 10:34
Ibyiza byaranze urugendo mu ndege muri Parike ya Nyungwe (Video)
24/03/2019 - 11:20
Abarangije muri INES-Ruhengeri biyemeje kwihangira imirimo aho kuyisaba(Video)
16/03/2019 - 18:34
Comedy yanyubakiye izina, impesha akazi, ubu noneho nanjye ntanga akazi - NKUSI Arthur (RUTURA)
13/03/2019 - 13:38
Uko Perezida Kenyatta yakiriwe ku kibuga cy’indege cya Kigali (Video)
11/03/2019 - 11:18
Yifashishije ibimenyetso n’imibare, Perezida Kagame yavuze ku bibazo by’u Rwanda na Uganda
10/03/2019 - 09:39
Jye sindi indaya, nkora Business nziza kandi inyungukira - Shaddy Boo
8/03/2019 - 08:58
Ubundi umunyeshuri utatsinze yimuka ate? - Perezida Kagame
27/02/2019 - 11:15
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo