Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uko Mugiraneza utabona akoresha ATM, yiyambutsa umuhanda akanatega imodoka (Video)
11/06/2019 - 12:30
Ku nshuro ya kabiri ‘Kigali Night Run’ yitabiriwe (Video)
8/06/2019 - 07:37
Abayislamu mu Rwanda bizihije umunsi mukuru wa Eid al-Fitr mu mvura nyinshi (Video)
5/06/2019 - 14:28
Abanyakigali basusurukijwe n’isiganwa ry’utumodoka duto tutamenyerewe mu Rwanda (Video)
5/06/2019 - 11:43
Byari ibicika Rayon Sports ihabwa igikombe cya Shampiyona 2018/19 (Video)
3/06/2019 - 12:44
Irebere akarasisi ka Rayon Sports bishimira Igikombe (Video)
3/06/2019 - 12:03
Abafana ba Liverpool mu Rwanda baraye batembera Kigali bishimira intsinzi ya Champions League! (Video)
3/06/2019 - 11:24
Ubushinwa bwahaye u Rwanda inzu y’ibiro ihagaze Miliyari 25 Frw (Video)
22/04/2019 - 19:31
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo