Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Icyumweru cya AERG/GAERG cyatangiriye i Rukumbeli
9/03/2015 - 17:33
Tiken Jah Fakoly ati: u Rwanda ni igihugu kidasanzwe
1/03/2015 - 12:45
MERGIMS mobile application, uburyo bufasha diaspora nyafurika kohereza amafaranga
21/02/2015 - 14:12
Uburyo abakundana bizihiza umunsi wa St.Valentin
13/02/2015 - 09:22
Nawe watsindira ibihumbi Ijana
12/02/2015 - 10:28
Tour of Rwanda 2014 at Kigali Today Ltd and KT Radio Headquaters
25/12/2014 - 18:06
Abatomboye bahawe ibihembo
24/12/2014 - 13:42
Bralirwa yasuye abarwayi muri CHUK
22/12/2014 - 14:30