Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ikibazo cy’ubumenyi buke mu batekinisiye ba Radiyo cyabonewe umuti
22/05/2015 - 11:59
Abakunzi b’ikipe ya Arsenal baremeye imiryango 36 y’abarokotse Jenoside
11/05/2015 - 14:21
Uburyo Gakinjiro/Gakiriro ya Gisozi imaze guhindura isura y’umujyi wa Kigali!
1/05/2015 - 15:17
Abatekinisiye ba Radio mu Rwanda barimo guhabwa amahugurwa
17/04/2015 - 12:02
Ese impfubyi za Jenoside zibayeho gute mu nyubako nshya ya One Dollar Campaign?
14/04/2015 - 15:22
Kidumu asanga Perezida Kagame ari umuyobozi w’ikitegererezo
1/04/2015 - 10:21
Bisesero: "Inkotanyi ntizarokoye abahigwaga gusa!"
25/03/2015 - 11:00
AERG/GAERG Week Rulindo (Twirinde inda nini)
18/03/2015 - 16:49