Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uko ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burundi ku mupaka wa Nemba byagenze
20/10/2020 - 17:16
Abarundi n’Abanyarwanda turaziranye, ibibazo byacu turabyikemurira - Minisitiri Shingiro
20/10/2020 - 16:10
Twasuye Senateri mushya Kanziza Epiphanie. Yategaga moto ajya ku kazi
18/10/2020 - 18:09
Ikibazo cy’umunuko uturuka mu kimoteri cya Nduba cyavugutiwe umuti
13/10/2020 - 19:41
Uko abakekwaho ubutekamutwe barimo umupolisi bamuriye arenga miliyoni
13/10/2020 - 19:34
Polisi yerekanye abajura bari barajujubije abacuruza lisansi bibisha intwaro gakondo
9/10/2020 - 11:54
MINEDUC si yo igenera Kaminuza amatariki yo gutangira, iyiteguye yatangira kwigisha - Dr Uwamariya
8/10/2020 - 10:28
Batanu bakekwaho kwica umuntu bafashwe. Uko bamwishe barabisobanura
7/10/2020 - 14:54
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.