Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Iyo Umunyarwanda azamuwe mu ntera kubera ubuhanga n’ubushobozi turishima- Perezida Kagame
7/12/2020 - 18:26
Polisi yerekanye abantu batatu bakekwaho kwiyitirira Polisi bakiba abaturage
5/12/2020 - 23:44
Imurikagurisha mpuzamahanga ry’uyu mwaka i Kigali rizakorwa mu buryo budasanzwe
4/12/2020 - 10:28
Alexandre Lenco: Ubumuga bwo kutabona ntibwanciye intege ubu ntuye mu nzu nubakiwe na muzika
4/12/2020 - 08:09
Polisi yerekanye batatu bakekwaho gukora inyandiko mpimbano
2/12/2020 - 15:18
Ryoherwa n’igitaramo cya Iganze Gakondo itsinda ry’abasore bihebeye inganzo gakondo
2/12/2020 - 15:06
Busanza: Aba mbere bari batuye muri ‘Bannyahe’ bimutse kuri iki Cyumweru
29/11/2020 - 13:19
Kompanyi y’Indege yo muri Israel yatangiye gukorera ingendo mu Rwanda
26/11/2020 - 20:27
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.