Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Imyaka 10 y’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Oklahoma Christian University
12/02/2017 - 15:49
Perezida Kagame yasuye igice cyahariwe inganda, aganira n’abayobozi muri Gasabo
10/02/2017 - 12:50
CAR FREE DAY: Byinshi wamenya ku gikorwa kiba buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi
7/02/2017 - 09:25
Abakobwa 15 bagomba kuvamo Nyampinga w’u Rwanda 2017 bamenyekanye
5/02/2017 - 20:43
Itorero Urwiririza mu gitaramo cy’Inkera nyarwanda kuri KT Radio
4/02/2017 - 20:26
Ibihe by’ingenzi n’ibikorwa byaranze umunsi w’Intwari 2017
2/02/2017 - 00:57
Habiba wahabwaga amahirwe muri Miss Rwanda 2017 yasezerewe rugikubita
31/01/2017 - 15:22
Miss Rwanda 2017: abakobwa 26 bari guhatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda
31/01/2017 - 12:22
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.