Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09Iziheruka
Abahindiro baranyomoza amakuru y’Umwami watangajwe nk’umusimbura wa Kigeli V
12/01/2017 - 10:38
WDA na FERWABA batangije "Academy" ya Basketball mu Rwanda
11/01/2017 - 12:21
Uko byari byifashe ubwo umugogo w’Umwami Kigeli wagezwaga mu Rwanda.
9/01/2017 - 17:40
Perezida Kagame yageze mu Buhinde mu ruzinduko rw’iminsi ine.
9/01/2017 - 17:32
Umujyi wa Kigali wategetse abakorera mu nzu zagenewe guturwamo kwimuka! (Video)
6/01/2017 - 14:14
The Ben yakoze igitaramo cy’amateka i Kigali
5/01/2017 - 16:56
Uburyo Charly & Nina, Buravan na Melody bitwaye mu gitaramo cya The Ben
5/01/2017 - 09:39
Byari ibicika ubwo The Ben yaririmbiraga abakunzi be
2/01/2017 - 03:24
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.