Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibikorwa bya Army Week byatangiye hirya no hino mu gihugu
7/05/2017 - 20:15
Global Fund ni umufatanyabikorwa w’ingenzi mu Rwanda - Kagame
4/05/2017 - 15:36
Uruzinduko rw’akazi Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yagiriye mu Rwanda
1/05/2017 - 10:27
Abanyamakuru bo mu Rwanda basoje icyiciro cya II cy’Itorero
29/04/2017 - 14:59
Kurikirana ubuhamya bwa Kalisa warokoye Abatutsi benshi
27/04/2017 - 09:21
Rayon Sports isezerewe na Rivers United muri Caf Confederations Cup
23/04/2017 - 09:45
Umuhango wo gushyingura Sayinzoga Jean
21/04/2017 - 08:06
Umunsi wa kabiri w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
20/04/2017 - 17:06
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.