Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
IPRC Kigali na SNV bahuguye abakora ingomero nto z’amashanyarazi
25/05/2017 - 08:38
IPRC Kigali yahembye abanyeshuri batanu bahize abandi gukora imishinga myiza
23/05/2017 - 08:40
Bimwe mu byaranze ’Kigali International Peace Marathon’
21/05/2017 - 22:04
Gakwaya na Mugabo nibo begukanye Sprint Rally 2017
21/05/2017 - 21:55
Ibyishimo bidasanzwe ku bafana ba Rayon Sports nyuma yo kwegukana igikombe cya Shampiona
19/05/2017 - 11:53
Ibisonga bya Miss Geek bigiye kubyaza umusaruro Miriyoni 3 bahembwe
17/05/2017 - 09:57
Minisitiri w’intebe wa SAO TOME yageze mu Rwanda
9/05/2017 - 23:20
IPRC Kigali yibutse inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
9/05/2017 - 16:18
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.