Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09Iziheruka
Imbuto Foundation yizihije umunsi mukuru w’imyaka 15 imaze irihirira abana batishoboye
10/06/2017 - 21:26
Ibyishimo bidasanzwe ku bitabiriye Rwanda Day mu Bubiligi
10/06/2017 - 21:18
Abanyarwanda baba mu Bubiligi bakiranye Perezida Kagame ibyishimo bidasanzwe
9/06/2017 - 14:44
Zimwe mu mbogamizi Depite Bamporiki yahuye nazo yandika igitabo "Mitingi Jenosideri"
8/06/2017 - 17:59
No Comment!
8/06/2017 - 15:38
U Rwanda rwifatanije n’amahanga mu kwizihiza umunsi w’ibidukikije
7/06/2017 - 15:39
Abashakashatsi mu by’amateka bagize icyo bavuga ku gitabo "Mitingi Jenosideri"
5/06/2017 - 08:33
No Comment!
2/06/2017 - 15:35
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.