Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09Iziheruka
Polisi y’u Rwanda yungutse aba-ofisiye bato 363
21/06/2017 - 09:02
Byari ibyishimo kubafana ba APR FC nyuma yo gutsinda Bugesera muri "Peace cup 2017"
20/06/2017 - 12:01
Zambia: Perezida Kagame yakiranywe ibyishimo n’urugwiro
20/06/2017 - 09:16
WAKA Warrior Race 2017
19/06/2017 - 09:33
Reba ubwiza bw’ibiro bishya bya FPR Inkotanyi
18/06/2017 - 12:28
One minute in Nkombo Island
17/06/2017 - 20:44
Rubavu: Miss Mutesi Jolly yasubukuye ibiganiro bihuza urubyiruko n’abakuru
16/06/2017 - 08:32
One minute in Nyarubuye genocide memorial site
12/06/2017 - 13:23
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.