Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Interahamwe zishe Mama ndeba - Mwizerwa warokokeye i Ruhanga
7/04/2023 - 22:02
Uko Leta ya Habyarimana yashyizeho Auto-Défense Civile ngo hatsembwe Abatutsi
7/04/2023 - 21:57
#Kwibuka29: Perezida Kagame yaburiye abakoze Jenoside bakomeje kwihishahisha
7/04/2023 - 17:39
Irebere uko Perezida William Ruto yakiriwe mu Rwanda
6/04/2023 - 11:17
Perezida Kagame na Ruto birebeye imikorere y’ishuri ry’Ubuhinzi rya RICA
6/04/2023 - 10:16
Kagame: Kongera umushahara wa ba Gitifu b’Utugari bigomba kujyana n’imikorere myiza
29/03/2023 - 09:24
Twararangaye - Umuyobozi wa Kicukiro agerageza kwisobanura imbere ya Perezida Kagame
28/03/2023 - 21:59
Telefone ‘Spark 10 TECNO’ yageze ku isoko, menya umwihariko wayo
25/03/2023 - 19:28
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.