Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
U Rwanda rwatangiye ubuvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda harimo na Kanseri
22/04/2023 - 00:26
President Kagame and Col. Doumbouya address the press in Conakry
22/04/2023 - 00:17
Insoresore z’amabandi muri Kigali akazo kashobotse
22/04/2023 - 00:13
President Kagame and Patrice Talon of Benin address the press in Cotonou
22/04/2023 - 00:03
President Kagame in Guinea-Bissau : Press briefing with his counterpart Embaló
21/04/2023 - 23:57
Umujyi wa Kigali wahagurukiye ibibazo bivugwa mu Mudugudu wa Dubai
18/04/2023 - 11:59
Hari abumvaga ko u Rwanda rutazongera kubaho nyuma ya Jenoside - Gen Kabarebe
13/04/2023 - 19:34
Mu kwibuka Abanyapolitiki bishwe, hamaganywe Politiki mbi y’urwango n’ivangura
13/04/2023 - 18:38
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.