Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abantu 151 bafatiwe mu rugo rw’umuturage basenga binyuranyije n’amabwiriza yo kwirinda Covid-19
17/12/2021 - 16:53
Uruhare rw’abahanzi mu gukangurira abaturage kwirinda COVID-19
17/12/2021 - 16:16
Umwihariko wa Tombola ‘Inzozi Lotto’ : Tsindira cash uteze imbere siporo mu Rwanda
14/12/2021 - 21:03
Nize Biologie ariko nakuze nkunda Technologie - Cyuzuzo watsindiye $50,000
14/12/2021 - 11:45
Ibihumbi 50$ kuri Cyuzuzo watsinze Hanga Pitchfest: Guhembwa na Perezida Kagame byamurenze
12/12/2021 - 18:11
Abarundi bari mu rubanza rwa P5 na RUD Urunana basabiwe gufungwa burundu
11/12/2021 - 00:34
Umugande Sgt Lubega Ibrahim (Demob) wahoze muri RPA yasabiwe gufungwa burundu
11/12/2021 - 00:27
RIB yerekanye abantu babiri bakekwaho kuniga abaturage bakabambura ibyabo
4/12/2021 - 21:18
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.