Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abategura Miss Rwanda barahakana ruswa ivugwamo
24/02/2022 - 20:56
Uburwayi bwo mu mutwe ntawe butafata, nta mpamvu y’akato
21/02/2022 - 12:52
Ubutwari 2022: Nubwo twatakaje ingingo, icyo twaharaniye twakigezeho
11/02/2022 - 16:21
Perezida Kagame na Madame bunamiye Intwari z’u Rwanda
2/02/2022 - 12:02
Umunyarwandakazi yadutembereje Roma na Vatican mu Butaliyani
1/02/2022 - 21:50
Ari mu ba mbere bambutse nyuma y’uko umupaka wa Gatuna ufunguwe
31/01/2022 - 18:43
Uko Mihigo François Chouchou na bagenzi be bavuye muri Nyampinga igasenyuka
31/01/2022 - 18:28
Indabo z’u Rwanda zizwi nka Bella Flowers ni imari ishyushye i Burayi
31/01/2022 - 18:21
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.