Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Tariki 21 Mata 1994, umunsi w’icuraburindi ku Mayaga - Ubuhamya bw’abaharokokeye
22/04/2022 - 23:02
Mu banyapolitiki bibutswe, hiyongereyemo Ngurinzira waburiwe irengero
14/04/2022 - 20:24
Igihe kirageze ngo tubwire abavutse nyuma ya Jenoside amateka yacu
14/04/2022 - 11:54
Ubutumwa Madamu Jeannette Kagame yatangiye mu kiganiro #KuGicaniro
14/04/2022 - 11:07
Nyanza ya Kicukiro ni ikimenyetso cy’ubugwari bwa ONU - Hon. Mukabalisa
12/04/2022 - 21:40
Our Past: Aho urubyiruko rwigira amateka ya Jenoside
11/04/2022 - 22:23
Amacakubiri afite inkomoko mu mateka ya kera - Minisitiri Bizimana
10/04/2022 - 15:55
Interamwete: Abagore bafashaga Interahamwe kwica Abatutsi (Ubuhamya)
10/04/2022 - 13:11
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.