Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Stella Matutina: Bujuje inyubako yatwaye amafaranga abarirwa muri Miliyoni 700
7/07/2022 - 18:20
Maj.Gen Turagara: Nyakubahwa Paul Kagame ni impano Imana yahaye urubyiruko
7/07/2022 - 18:12
Exclusive Interview with Dr Donald Kaberuka on the sidelines of #CHOGM2022
29/06/2022 - 22:03
Ikiganiro ku kongera imbaraga z’ikoranabuhanga mu kubaka uburezi buhamye
29/06/2022 - 21:49
Reba uko byari byifashe ubwo Perezida Kagame yakiraga Minisitiri w’Intebe wa Singapore
29/06/2022 - 20:56
Video: Tumwe mu dushya twaranze #CHOGM2022
28/06/2022 - 22:31
#CHOGM2022: Baryohewe na Siporo ya nijoro
22/06/2022 - 18:55
Official groundbreaking of Kigali Financial Square, $100 Million Twin Tower
22/06/2022 - 00:12
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.