Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Inaugural UK-Rwanda Business Forum opens in Kigali
1/02/2024 - 13:40
Amasomo atatu y’ubuzima dukwiye kwigira kuri Perezida Kagame
1/02/2024 - 13:11
Le Président Guinéen Lt Gen Doumbouya rend hommage aux victimes du Génocide à Kigali
29/01/2024 - 07:46
Why President Doumbouya of Guinea visited Rwanda
29/01/2024 - 07:41
Ibibazo abaturage babajije Perezida Kagame mu Mushyikirano n’uburyo yabisubije
28/01/2024 - 16:35
Perezida Kagame yageneye ubutumwa abafite umugambi wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
28/01/2024 - 13:14
Abanyarwanda babanye bate nyuma y’imyaka 30 u Rwanda rubayemo Jenoside?
28/01/2024 - 13:00
Umubyibuho usigaye ari ikimenyetso cy’indwara zitandura
28/01/2024 - 12:49
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.