Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame: Abagore ntibakwiriye kwihanganira gukubitwa
9/03/2024 - 07:38
Abanyekongo bahungiye mu Rwanda barasaba gufashwa gusubira mu gihugu cyabo
7/03/2024 - 13:35
Ikiganiro na Amb. Mukantabana umaze imyaka 10 ayobora Ambasade y’u Rwanda muri USA
5/03/2024 - 01:45
Impunzi z’Abanyekongo ziba mu Rwanda ziramagana ubwicanyi bukorerwa Abatutsi
5/03/2024 - 01:12
Twirukanywe muri Uganda tuzira Ikinyarwanda, ubu tukivuga twisanzuye - Gen (Rtd) Kabarebe
4/03/2024 - 14:34
Imbyino n’imivugo by’abana baba mu mahanga bizihiza Umunsi w’Ururimi kavukire
3/03/2024 - 10:10
Rwanda’s First Lady Jeannette Kagame graces Kigali Triennial Fashion Show
25/02/2024 - 22:06
Gupima Kanseri mu Rwanda byaroroshye - Dr Sebahungu Fidèle
25/02/2024 - 21:50
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.