Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Itorero Urukerereza ryasusurukije abitabiriye ibirori byo #Kwibohora30
5/07/2024 - 08:38
#Kwibohora30 : Dore Akarasisi ka Gisirikare ko mu rwego rwo hejuru
5/07/2024 - 08:23
#Kwibohora30: Reba uko ibendera ry’u Rwanda ryagejejwe muri Stade Amahoro
5/07/2024 - 08:09
President Kagame: Liberation can not be imposed on people by force or fear
5/07/2024 - 07:44
Kirehe: Urubyiruko rugiye gutora bwa mbere rwavuze imyato FPR Inkotanyi
5/07/2024 - 07:35
Ibyago u Rwanda rwagize ni uko rwagize abayobozi b’abapumbafu - Kagame
3/07/2024 - 05:53
Twari ‘Jijuka Pumbafu’ none twarize turiteza imbere - Musabwasoni
3/07/2024 - 05:44
Twaganiriye n’Abanya-Kirehe: Barashima ibyo FPR Inkotanyi yabagejejeho
2/07/2024 - 13:11
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.