Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
U Rwanda rwakiriye abatwara amagare bazenguruka EAC
21/09/2024 - 01:23RIB yerekanye batandatu bakekwaho kwiba imodoka bakoresheje amayeri
17/09/2024 - 21:33
Perezida Kagame yagaragaje ibintu bitatu byatumye zimwe mu nsengero zifungwa
16/09/2024 - 14:44
Ibyishimo bya Tuyisenge wakiriwe na Perezida Kagame nyuma yo kwegukana Umudali wa Zahabu mu mibare
22/08/2024 - 20:16
Mujye muba intwari muve mu nshingano aho kuzikora nabi - Kagame abwira ba Minisitiri barahiye
20/08/2024 - 11:28
Sobanukirwa uko Abasivili bagiye kwinjira muri RDF mu mutwe w’Inkeragutabara
16/08/2024 - 18:43
Kazarwa watorewe kuyobora Umutwe w’Abadepite ni muntu ki? Ibyaranze umunsi wo kurahira
16/08/2024 - 13:33
Perezida Kagame ku ifungwa ry’insengero: Biraza gutuma dushyiraho umusoro
15/08/2024 - 12:01
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.