Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Bavuye mu Bubiligi baje kwamamaza Kagame
12/07/2024 - 01:19
Kagame yijeje Abanya-Gakenke kuzasangira na bo ikigage bishimira intsinzi
12/07/2024 - 01:12
Muri Gakenke bakoze agashya mu kwakira Kagame Paul
12/07/2024 - 01:02
Wadutwaye Gishambashayo uduhungishije intambara - Abaturage b’i Gicumbi bashimira Kagame
12/07/2024 - 00:49
Nabasiima munonga... - Kagame Paul ashimira Abanya-Gicumbi
10/07/2024 - 10:09
Dore uko mu Karere ka Gicumbi bari bategereje umukandida Paul Kagame
10/07/2024 - 10:03
Mu rurimi rw’Urukiga, Abanya-Gicumbi bavuze ibigwi Kagame Paul wa RPF
10/07/2024 - 09:58
Intare ntabwo zihinduka imbwa, zisaza ari Intare - Kagame i Nyagatare
8/07/2024 - 09:05
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.