Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Reba uko Afurika y’Epfo yatwaye imibiri y’abasirikare bayo baguye muri Kongo
7/02/2025 - 15:10
Dore ibyaranze inama mpuzamahanga ku burezi budaheza ibera i Kigali
7/02/2025 - 07:39
Alain Mukuralinda yatanze ishusho nyayo y’ikiganiro Perezida Kagame yagiranye na CNN
6/02/2025 - 12:29
Nta na rimwe ikibi kizatsinda icyiza: Umunyekongo wagarutse i Goma ku ivuko
5/02/2025 - 17:46
Dore imyitozo ihabwa abinjiye mu mutwe wihariye wa RDF🇷🇼 Special Operation Force
5/02/2025 - 11:48
Perezida Kagame na Madamu babimburiye abandi gushyira indabo ku Gicumbi cy’Intwari
1/02/2025 - 17:42
Irebere udushya twa RDF Band mu gitaramo gisingiza Intwari z’u Rwanda (Video)
1/02/2025 - 10:12
Dore uko Ruti Joel yashimishije abitabiriye igitaramo gisingiza Intwari z’u Rwanda
1/02/2025 - 09:14
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.