Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
Iby’ingenzi byagarutsweho mu kiganiro EdTech cyo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2025
28/10/2025 - 13:33Iziheruka
Zambian Fintech started with $500 to build a Pan-African Bank that uses Artificial Intelligence
25/02/2025 - 17:11
Dutembere ku kirwa cya Nkombo hasigaye hari Hoteli isobanutse
22/02/2025 - 11:43
Shisha Kibondo: Abana n’ababyeyi bo ku Nkombo nabo ibageraho
21/02/2025 - 11:22
Umva impungenge z’Abasaza ku mashyuza ya Bugarama
19/02/2025 - 09:12
Abanyekongo bari bahungiye mu Rwanda basubiye iwabo
17/02/2025 - 17:05
Umva uko MINECOFIN na RRA basobanura iby’ivugurura ry’Imisoro n’Amahoro
12/02/2025 - 06:49
Ikiganiro na MC Brian: Kwakira Perezida Kagame mu birori bikomeye n’icyo yaganiriye na we
8/02/2025 - 08:58
Reba uko Afurika y’Epfo yatwaye imibiri y’abasirikare bayo baguye muri Kongo
7/02/2025 - 15:10
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.