Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Abashoferi bagiye kujya bahabwa amanota ku myitwarire yo mu muhanda - ACP Rutikanga
19/04/2025 - 13:47
Mukarubuga ateruye ubuvivi bwe nyuma yo kurokoka Jenoside mu buryo bugoye - Ubuhamya
18/04/2025 - 15:17
Uko Abanyabugeni n’Abanyabukorikori bakora ibihangano bisigasira amateka ya Jenoside
17/04/2025 - 12:11
Urwibutso rwa Sina Gerard kuri Alain Mukuralinda wasezeweho bwa nyuma
11/04/2025 - 10:27
Uko Ababiligi batereranye abarimo impinja Interahamwe zikabica - Ubuhamya bwa Mukayiranga
11/04/2025 - 10:13
Jabana: Imibiri yimuwe mu ngo ishyingurwa mu rwibutso rwa Jenoside
10/04/2025 - 10:55
#Kwibuka31: Abamburira ngo mvuga ukuri kukabakorogoshora, baziyahure - Perezida Kagame
8/04/2025 - 14:31
#Kibuka31: "Twari twarakiriye gupfa habura umunsi gusa" - Ubuhamya bwa Liliane warokokeye I Ntarama
8/04/2025 - 14:18
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.