Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abantu 151 bafatiwe mu rugo rw’umuturage basenga binyuranyije n’amabwiriza yo kwirinda Covid-19
17/12/2021 - 16:53
Uruhare rw’abahanzi mu gukangurira abaturage kwirinda COVID-19
17/12/2021 - 16:16
Umwihariko wa Tombola ‘Inzozi Lotto’ : Tsindira cash uteze imbere siporo mu Rwanda
14/12/2021 - 21:03
Nize Biologie ariko nakuze nkunda Technologie - Cyuzuzo watsindiye $50,000
14/12/2021 - 11:45
Ibihumbi 50$ kuri Cyuzuzo watsinze Hanga Pitchfest: Guhembwa na Perezida Kagame byamurenze
12/12/2021 - 18:11
Abarundi bari mu rubanza rwa P5 na RUD Urunana basabiwe gufungwa burundu
11/12/2021 - 00:34
Umugande Sgt Lubega Ibrahim (Demob) wahoze muri RPA yasabiwe gufungwa burundu
11/12/2021 - 00:27
RIB yerekanye abantu babiri bakekwaho kuniga abaturage bakabambura ibyabo
4/12/2021 - 21:18
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos