Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abategura Miss Rwanda barahakana ruswa ivugwamo
24/02/2022 - 20:56
Uburwayi bwo mu mutwe ntawe butafata, nta mpamvu y’akato
21/02/2022 - 12:52
Ubutwari 2022: Nubwo twatakaje ingingo, icyo twaharaniye twakigezeho
11/02/2022 - 16:21
Perezida Kagame na Madame bunamiye Intwari z’u Rwanda
2/02/2022 - 12:02
Umunyarwandakazi yadutembereje Roma na Vatican mu Butaliyani
1/02/2022 - 21:50
Ari mu ba mbere bambutse nyuma y’uko umupaka wa Gatuna ufunguwe
31/01/2022 - 18:43
Uko Mihigo François Chouchou na bagenzi be bavuye muri Nyampinga igasenyuka
31/01/2022 - 18:28
Indabo z’u Rwanda zizwi nka Bella Flowers ni imari ishyushye i Burayi
31/01/2022 - 18:21
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos