Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abayobozi bakiri bato mu gusabira Igihugu
14/08/2023 - 14:34
Kurikira ibirori byo gutangiza iserukiramuco rya Giants of Africa
14/08/2023 - 14:06
Remarks by H.E First Lady on International Youth Day 2023
14/08/2023 - 13:57
Masai Ujiri to build five Basketball courts in Rwanda
14/08/2023 - 13:47
Madamu Jeannette Kagame yatungujwe impano ku isabukuru ye y’amavuko
13/08/2023 - 12:16
Kurikira ibirori byo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’Urubyiruko
13/08/2023 - 11:50
Temberana natwe muri Expo 2023 ibera i Gikondo
9/08/2023 - 10:51
Ihere ijisho ibirori byaherekeje irushanwa IRONMAN 70.3 ryabereye i Rubavu
9/08/2023 - 10:27
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo