Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
H.E. Ms Jeannette Kagame praises Kepler College’s role in inclusive education
12/11/2025 - 20:31
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24Iziheruka
Impamvu zatumye Maj Gen Aloys Muganga na Brig Gen Mutiganda birukanwa muri RDF
14/06/2023 - 22:34
Irebere uko ibiro bivuza ubuhuha mu irushanwa #MemorialRutsindura
14/06/2023 - 16:41
Iyumvire ubuhamya bwa Mukiza witandukanyije na se uba muri FDLR (Video)
11/06/2023 - 16:13
Madamu Jeannette Kagame asaba urubyiruko gufata umwanya wo gutekereza ku byemezo rufata
10/06/2023 - 15:40
Irebere ubuhanga bw’Abakarateka bitabiriye irushanwa ryo #Kwibuka29
31/05/2023 - 09:03
Perezida Kagame yatashye icyanya cyahariwe Siporo ku Kimironko
28/05/2023 - 21:30
Madamu Jeannette Kagame yagejeje ubutumwa bw’ihumure ku bagizweho ingaruka n’ibiza
26/05/2023 - 22:53
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo