Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
BADEA yasinyanye n’u Rwanda amasezerano y’inguzanyo ya Miliyoni 45 z’Amadolari
8/10/2025 - 22:42
Rwanda Welcomes Diaspora Youth from South Africa to Discover Their Roots
5/10/2025 - 11:17
Mukwiye kurangwa n’umutima wo kurinda Igihugu - Perezida Kagame ku ba Ofisiye bashya muri RDF
4/10/2025 - 10:27
Colourful military parade by Rwanda Defence Force, 1029 Officer Cadets Pass Out
4/10/2025 - 10:16
Dore Morale y’Abofisiye bashya 1029 binjiye mu Ngabo z’u Rwanda
4/10/2025 - 10:09
Kurikira ikiganiro cya Minisitiri w’Intebe ku guteza imbere imibereho myiza hashingiwe ku buhinzi n’ubworozi
2/10/2025 - 18:32
NYIRINGANZO: Umva inzira y’inganzo ya Vestine bitaga Gakoni k’Abakobwa
30/09/2025 - 22:45
#EdTechMondays: Gufata ibyemezo bishingiye ku makuru mu rwego rw’uburezi mu Rwanda
30/09/2025 - 10:40
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo