Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
FRVB LEAGUE ROUND 1: Gisagara VC yatsinze Kepler VC
25/10/2025 - 06:40
Mobile World Congress 2025: Remarks by President Paul Kagame
21/10/2025 - 17:52
We cannot expect others to carry the responsibility for Africa’s security - President Kagame
21/10/2025 - 15:05
Le Sénégal et le Rwanda vont collaborer pour les jeux olympiques de la jeunesse 2026 – S.E. Faye
20/10/2025 - 00:26
Volleyball: Dore ibiro bivuza ubuhuha, Kepler VC itsinze REG VC amaseti 3-0
17/10/2025 - 22:22
Indege ya Habyarimana: Uko amafaranga y’indishyi yafatiriwe
17/10/2025 - 22:14
Rwanda Unveils 2025-2030 Banking Industry Strategic Plan
16/10/2025 - 23:49
Urwibutso rukomeye Me Laurent Nkongoli yasigaranye kuri Ingabire Marie Immaculée
16/10/2025 - 06:53
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo