Mu bamaze kuhagera harimo abikorera n’abahagarariye Leta y’u Rwanda bamaze kugera mu byicaro. Ibikorerwa mu Rwanda birimo Icyayi, ibiribwa n’imitako na byo biri mu biri kumurikwa.
Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti "Agaciro: Umunsi w’umuco, umurage w’Agaciro."
Minisitiri Mushikiwabo yagejeje abitabiriye ibi birori intego y’uyu munsi.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo atanga ijambo ry’ikaze 
Umuyobozi wa Kigali Today Ltd (hagati) nawe yitabiriye Rwanda Cultural Day
Muyango afatanyije n’itorero Urukerereza bagarutse ku migenzo y’umuco Nyarwanda.
Itorero Urukerereza riri gushyushya abitabiriye ibirori bya Rwanda Cultural Day.
Abitabiriye ibirori bya Rwanda Day batangiye kugera mu byicaro 
Urukerereza ruri gususurutsa abitabiriye Rwanda Cultural Day 
Rwanda Cultural Day yitabiriwe n’abantu b’ingeri zitandukanye 
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
| 
 |