Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.
|
|
Abarenga 90% mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ntibazi uburenganzira ku murimo
Twishimiye gutaha mu gihugu cyacu: Abanyarwanda 223 babaga mu mashyamba ya Congo
Isoko rya Gisenyi rigiye gukorerwamo nyuma y’imyaka 15 ryubakwa
Karangwa Justin wanze igitego cya APR FC yahagaritswe ukwezi
Twishimiye imyanzuro yafatiwe mubyemezo by,inama yabaminisitiri.
Turashimira umusaza wacu ko ahora aharanira icyatezimbere igihugu cyacu ndetse nabanyarwanda murirusange
Turamukunda cyane
Iyo Nama yateranye uyumunsi twiteguye kubahiriza amabwiriza mashya no kuyashyira mubikorwa kdi umusaza wacu twishimira ibyiza ahora yifuriza urwanda rwacu murakoze
Turabashimiye iyenama dutejyereje ingamba ziribuve tubiteranyije amatsiko menshi