Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.
|
|
Urubyiruko rw’u Rwanda n’urw’u Bushinwa bahuriye mu biganiro bigamije ubucuti n’ubutwererane
Izuba ryakurembeje none urumva watokombeye? Dore icyo wakora
Amerika yasabye Iran kwemeza niba koko Umuhora wa Hormuz ufunguye
Utubuye tujya mu dusabo tw’indurwe: Ntabwo ari amabuye asanzwe
Twishimiye imyanzuro yafatiwe mubyemezo by,inama yabaminisitiri.
Turashimira umusaza wacu ko ahora aharanira icyatezimbere igihugu cyacu ndetse nabanyarwanda murirusange
Turamukunda cyane
Iyo Nama yateranye uyumunsi twiteguye kubahiriza amabwiriza mashya no kuyashyira mubikorwa kdi umusaza wacu twishimira ibyiza ahora yifuriza urwanda rwacu murakoze
Turabashimiye iyenama dutejyereje ingamba ziribuve tubiteranyije amatsiko menshi