Kwiyandikisha gukorera Perimi birasubukurwa kuri uyu wa Mbere

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kwiyandikisha gukorera uruhushya rw’agateganyo n’urwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga bisubukurwa ku wa Mbere tariki ya 19 Mata 2021.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 42 )

kwiyandikisha biratangira sangahe

twagirayezu Justin yanditse ku itariki ya: 19-04-2021  →  Musubize

Bije twari tubitegereje, twizere ko umurongo uzaba ukora neza kuko harubwo amatariki arangira benshi byaranze

Bosco yanditse ku itariki ya: 16-04-2021  →  Musubize

Kwiyandikisha byatugoye mudufashemwongere igihe mwateganije. murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 21-04-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka