Kwiyandikisha gukorera Perimi birasubukurwa kuri uyu wa Mbere
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kwiyandikisha gukorera uruhushya rw’agateganyo n’urwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga bisubukurwa ku wa Mbere tariki ya 19 Mata 2021.
Ibitekerezo ( 42 )
Ohereza igitekerezo
|
kwiyandikisha biratangira sangahe
Bije twari tubitegereje, twizere ko umurongo uzaba ukora neza kuko harubwo amatariki arangira benshi byaranze
Kwiyandikisha byatugoye mudufashemwongere igihe mwateganije. murakoze.