Kwiyandikisha gukorera Perimi birasubukurwa kuri uyu wa Mbere

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kwiyandikisha gukorera uruhushya rw’agateganyo n’urwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga bisubukurwa ku wa Mbere tariki ya 19 Mata 2021.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 42 )

mwiriwe neza, nukuri nimudufashe kuva tariki 19 zukwa 4 kwiyandikisha byaranze, itariki iboneka ni 19 z’ukwa 7 kandi kuri radio bavuzeko kwiyandikisha ari muri ,uku kwakane ukwa 5kugatangirana n’ibizamini.nukuri mudufashe twiyandikishe kuko turabikeneye cyane.

alias yanditse ku itariki ya: 23-04-2021  →  Musubize

Mureke twihangane nzi neza ko baticaye ubusa kdi nabo barabibona gusa muri technology harimo ikibazo

Mpakaniye yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

Turabashimira kubwitange bwanyu, gusa twagira ngo tubabaze kubijyanye no kugura code mbere y’itangira rya covide biteguye gukora bo, mwabafasha iki cg mwabagira iyihe nama mubibyanye no kubona Indi code yo gukoreraho,Murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

Turabashimira kubwitange bwanyu,gusa twagira ngo tubabaze kubijyanye no kugura code mbere y’itangira rya covide 19,ese nk’abantu baguze code mbere ya covide biteguye gukora bo, ubu byasubukuwe mwabafasha iki cg mwabagira iyihe nama,Murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

MWIRIWE NEZA KANDI MURAHO, NONE KO KWIYANDIKISHA GUKORA IBIZAMINI BYA PERMI BYANZE BURUNDU IKIBAZO CYABA KIRIHE MWADUHASHA KABS KANDI NIBA HARI NUWO BYABA BYAKUNZE YADUFASHA AKATUBWIRA INZIRA YANYUZEMO

j.like yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

Muturwaneho kabisa kwiyandikisha byanze mutwereke inzira yizewe twakoresha murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

Ni ukuri irembo rirananiwe kd provisior zacu zarangiye muuri Covid-19,ubu utiyandikishije waba usigaye,Ni ukuri mudufashe pe kd bazongere Ni igihe cyo kwiyandikisha kk biragoye .

Deo yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

Mwaramutse kwiyandikisha gukora ibizami byimushya kobyanze mwadufasha iki ?

Ndayishimiye Moses yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

Muraho neza? Network yabaye nkeya cyane kwiyandikisha byanze twabasabaga ko mwakongera igihe tugakomeza kugerageza tukareba ko bikunda

Nshokeye yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

Dufite ikibazo

Erias yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

mwaramutse mudufashe niba kuri internet byanze mudufungurire *909# naho tugerageze na telephone zisanzwe murakoze

emmanuel yanditse ku itariki ya: 22-04-2021  →  Musubize

kwiyandikisha ko byanze bimeze bite abo kwirembo

dusabumuremyi yanditse ku itariki ya: 21-04-2021  →  Musubize

Mwiriwe nibyizako twarindira bagakemura ikibazo kiri mwirembo muri techninic bibaho ibintu byanga ark turategereje rwose nibikunda tuziyandikisha ark nabo nibagire vuba

Safy10@ yanditse ku itariki ya: 21-04-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka