Yazanye agashya mu gushakisha umukunzi

Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amaerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuza za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo amanika hirya no hino mu Mujyi wa New York amafoto ariho na nimero za telephone ze amenyekanisha ko yifuza umukunzi bashakana.

Avugana n’imwe mu mateleviziyo yo muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika, Perino yayitangarije ko atihebye ariko yumva ari bwo buryo bwiza bwamufasha kubona umugore. Yagize ati “ Ni uburyo bwiza bwo guhura n’abagore. Ndifuza urukundo rusobanutse.”

Uyu ni we Dan Perino ushakisha umukunzi abinyujije mu gukwirakwiza amafoto ye mu Mujyi wa New York.
Uyu ni we Dan Perino ushakisha umukunzi abinyujije mu gukwirakwiza amafoto ye mu Mujyi wa New York.

Dan Perino ateganya kujya amanika amafoto nibura magana atanu buri munsi mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Kuva aho atangiriye iki gikorwa ku wa 28 Nyakanga 2014, ngo amaze guhamagarwa n’amagana n’amagana y’abantu. Bamwe mu bamuhamagara bakaba ngo bamubwira ko bamukunze abandi bakamubwira ko arimo kwikinira.

Kugeza ubu ngo amaze no kubonana n’abakobwa cyangwa abagore benshi amaso ku maso bamwifuza binyuze muri ubwo buryo bw’imwihariko we mu gushaka urubavu rwe.

Niyonzima Oswald

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 40 )

Number zajye ni0782553462

Prudence yanditse ku itariki ya: 2-01-2022  →  Musubize

Najye ndashaka umukunzi wu mukobwa,ukunda gusenga,aho yaba asengera hose nta kibazo,wiyubsha kdi akubaha umuntu uwariwe wese,afite umwaka hagati ya 25 na 28

Prudence yanditse ku itariki ya: 2-01-2022  →  Musubize

Ndi umusore mbandikiye najye shaka umukunzi wu mukobwa ufite gahunda yo kubaka urugo,abaye ari hagati yi myaka 28 na33 byaba ari akarusho, address yambinaho ni number za phone ni0782553462cg whatsapp number 0782271987

Mushimire prudence yanditse ku itariki ya: 20-10-2022  →  Musubize

AM READY GIRLS CALL ME ON 079084155

fisto yanditse ku itariki ya: 29-12-2021  →  Musubize

Ndifuza umukunzi umukobwa Uzi gukunda Kandi uzikwiteza imbere Kandi agite gahunda yurugo yampamagara kuri0787614268

Pacifique yanditse ku itariki ya: 17-11-2021  →  Musubize

Nanjye ndifuza umukunzi abaye afite akazi byaba byiza yararahishe university atuye ikigali ufite hagati 34.40 murakoze number 0780830472

aime yanditse ku itariki ya: 12-01-2021  →  Musubize

Nanjye ndifuza umukunzi abaye afite akazi byaba byiza yararahishe university atuye ikigali ufite hagati 34.40 murakoze

aime yanditse ku itariki ya: 12-01-2021  →  Musubize

Muraho nanjye ndashaka umukunzi umusore maize wimibiri yombi murmure waragishe kwiga kaminuza ufite akazi keza hubaha Imana ni karibu iwanjye nzamukunde irukundo rutaruburyarya abakina nanjye simbashaka ari mumyaka 35_ 45 number Ni 0780830472 not call just for WhatsApp murakoze

Karine yanditse ku itariki ya: 14-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka