Yazanye agashya mu gushakisha umukunzi
Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amaerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuza za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo amanika hirya no hino mu Mujyi wa New York amafoto ariho na nimero za telephone ze amenyekanisha ko yifuza umukunzi bashakana.
Avugana n’imwe mu mateleviziyo yo muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika, Perino yayitangarije ko atihebye ariko yumva ari bwo buryo bwiza bwamufasha kubona umugore. Yagize ati “ Ni uburyo bwiza bwo guhura n’abagore. Ndifuza urukundo rusobanutse.”
Dan Perino ateganya kujya amanika amafoto nibura magana atanu buri munsi mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Kuva aho atangiriye iki gikorwa ku wa 28 Nyakanga 2014, ngo amaze guhamagarwa n’amagana n’amagana y’abantu. Bamwe mu bamuhamagara bakaba ngo bamubwira ko bamukunze abandi bakamubwira ko arimo kwikinira.
Kugeza ubu ngo amaze no kubonana n’abakobwa cyangwa abagore benshi amaso ku maso bamwifuza binyuze muri ubwo buryo bw’imwihariko we mu gushaka urubavu rwe.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 40 )
Ohereza igitekerezo
|
Ndashaka Umukunzi urengeje imyaka
46years kandi yaba afite umwana nakarusho akaba ari fille mere
Utarigeze ashaka.
Nanjye mfite 47 years
Number wambonaho uramutse ufite gahunda niyi
Ntuye Kenya kuri watsap
+254748509005
nashaka umukobwa wimyaka22 kandi winzobe ipima 60kg yamaze kwiga secondaire
Ndashaka umukobwa ufitegahunda utarengeje 25 .yamamagara tugapanga 0738889043
Mwaramutse,ndi umukobwa w ’30 ndifuza umukunzi,Yaba umusore cg umugabo watandikanye nuwo bashakanye apfa kuba afite urukundo kuko ndarukeneye narakomeretse cyane,mbana na HIV uwumva duhuje twafatanya urugendo dusigaje ku isi yanyandikira kuri email [email protected]
Nanjye ndi umusore mfite 26Nkaba nifuza umukunzi
Nitwa Liliane ndi umukobwa w’imyaka 28 mbana na HIV ndifuza umusore uri serious twabana tukubaka umuryango agomba kuba nawe abana na Vih kuko nakunzwe nabenshi tudahuje bikangora kubahakanira,mfite ubuzima bwiza narangije Kaminuza mfite akazi kampemba neza i Kampala ariko mbonye uwo duhuza nahita ngaruka mu Rwanda.
Uwanshaka yahamagara cg akandika kuri whattsap +256751795156
0780529264 iyo niyo number yange
Ndi umusore,nasoje kwiga Kaminuza. ndashaka umudamu twakundana (Shuga mummy) tukajya twiryohereza nkaguha ibyishimo. 0782055481 wanyandikira kuri Whatsapp cyangwa c ukampamagara
Muraho! Ndi umusore utuye Kigali, mfite akazi. Ndifuza umukobwa cyangwa umudamu twakundandana. uwumva yajya murukundo nange yampamagara cyangwa akanyandikira kuri whatsapp 0782055481.
Muraho! Ndi umusore utuye Kigali, mfite akazi. Ndifuza umukobwa cyangwa umudamu twakundandana. uwumva yajya murukundo nange yampamagara cyangwa akanyandikira kuri whatsapp 0782055481.
Muraho Neza nanjye nchaka umukunzi umugabo cg umusore
Ufite gahunda twakimanukira 0722665176
Ndahari mpa Nimero
Mwiriwe neza ndashaka umukunzi wumukobwa ufite gahunda ufite hagati yimyaka 18 23 ufite gahunda nyandikira kuri email [email protected]
Muraho ndumusore 30 years older,ndashaka umukunzi umukobwa utarengeje 28 abaye wize ufite umumutwe hogukora byakarusho yiga cg yararangije university uri serious wap bababandi baba bakina ufite urukundo Koko Kandi utaruhanya yanyandikira cg akampamagara kuri 0782345330 cg kuri [email protected].
Mwiriwe!
Nitwa Gashema.
Nanjye nje hano kuhashakira ishuti yambera umukunzi tukubaka umubano ufite intego y’urukundo rurambye.
Uwo nshaka ni umukobwa ukuze,fille-mère cg umudame ufite abana batarenze 2(udafite umugabo kuko ntawe nifuza gusenyera urugo).
Uwo muntu agomba kuba ari mu kigero cy’imyaka 35 kugera kuri 45;kuko nanjye ndi muri icyo kigero ndakuze.
Uwakumva duhuje igitekerezo yanyandikira kuri iyi adresse: [email protected]
Ubundi tukaganira birambuye.