Video: Yaguze imbunda yo kwibisha mu mafaranga bakoye umukobwa we
Ku wa 13 Mata 2021 nibwo Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje mu Karere ka Rusizi hafungiye abantu 12 bakekwaho kwiyitirira inzego z’umutekano, kwica babigambiriye no gukoresha intwaro n’imyenda ya gisirikare.
Muri aba bagabo 12 bakekwaho ubujura, harimo umwe muri bo waguze imbunda bakoreshaga mu bujura, ayigura muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo RDC, akoresheje amafaranga yahawe nk’Inkwano y’Umukobwa we.
Inkuru irambuye y’Uburyo ubu bujura bwakorwaga, bakabutwerera inzego z’Umutekano, turayigezwaho birambuye n’Umuvugizi w’Umusigire wa RIB, Dr Murangira B Thierry muri iyi Video.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Abo bagabo RIB Yihanikire ibahe ibihano bibakwiriye . mbere na mbere kubaka iyo mbunda na buri muturage wese wibe bakamuriha . murakoze kumakuru mutugezaho
Abobagabo nibafatwe bahanwe namategeko murakoze.