Video: Yaguze imbunda yo kwibisha mu mafaranga bakoye umukobwa we

Ku wa 13 Mata 2021 nibwo Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje mu Karere ka Rusizi hafungiye abantu 12 bakekwaho kwiyitirira inzego z’umutekano, kwica babigambiriye no gukoresha intwaro n’imyenda ya gisirikare.

Aba baribaga bakabyitirira inzego z'Umutekano.
Aba baribaga bakabyitirira inzego z’Umutekano.

Muri aba bagabo 12 bakekwaho ubujura, harimo umwe muri bo waguze imbunda bakoreshaga mu bujura, ayigura muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo RDC, akoresheje amafaranga yahawe nk’Inkwano y’Umukobwa we.

Inkuru irambuye y’Uburyo ubu bujura bwakorwaga, bakabutwerera inzego z’Umutekano, turayigezwaho birambuye n’Umuvugizi w’Umusigire wa RIB, Dr Murangira B Thierry muri iyi Video.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Abo bagabo RIB Yihanikire ibahe ibihano bibakwiriye . mbere na mbere kubaka iyo mbunda na buri muturage wese wibe bakamuriha . murakoze kumakuru mutugezaho

Nsanzamahoro eric yanditse ku itariki ya: 26-04-2022  →  Musubize

Abobagabo nibafatwe bahanwe namategeko murakoze.

Sibomana thacien yanditse ku itariki ya: 7-02-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka