Umwe mu nyeshyamba zateye mu kinigi zikica abaturage 8 yavuze byinshi kuri icyo gitero (Video)
Yanditswe na
KT Editorial
Habumukiza Theoneste wari uzwi ku izina rya Antreparanthèse mu nyeshyamba, akaba n’umwe mu nyeshyamba zagabye igitero mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, yasobanuye byinshi kuri icyo gitero.
Habumukiza yarangije kaminuza, muri Kaminuza y’u Rwanda mu cyahoze ari ’SFB’, arangije abona akazi aho yakoraga muri Sosiyete y’ubwishingizi ya Radiant.
Nyuma yaje kujya mu mitwe irwanya Leta y’u Rwanda, akaba yaraje gufatwa n’ingabo za Kongo Kinshasa, akoherezwa mu Rwanda hamwe n’abandi 56 ndetse n’umusivili umwe.
Umva uko asobanura iby’igitero cyo mu Kinigi
Ohereza igitekerezo
|
Ngenarenganiye mumurengewa rusororo akagarika nyagahinga umuduguduwa kanyinya ahonambuwe numucuruzi amafaranga angananibuhumbi ijananacuminumunaninoneyarayanyimyep mungirinam