Ibirori bya Polisi y’u Rwanda mu mafoto n’amashusho (Videos)
Mu Kigo cya Polisi cy’amahugurwa giherereye i Gishari mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Gicurasi 2026, habereye umuhango wo kwinjiza ba Ofisiye bashya 436 muri Polisi y’Igihugu no kwizihiza imyaka 25 y’ubufatanye butanga umutekano, ari na yo myaka Polisi y’u Rwanda imaze ibayeho.
Ni ibirori byaranzwe n’ibyishimo ndetse n’umunezero ku barangije amasomo ndetse n’abo mu miryango yabo. Abarangije amasomo banagaragarijemo ubumenyi bahakuye ndetse n’uko biteguye kuzuza inshingano biyemeje.
Perezida Paul Kagame n’abandi bayobozi batadukanye na bo bitabiriye ibi birori, byatangiwemo n’impanuro zireba cyane cyane abarangije amahugurwa, Abanyarwanda muri rusange, ndetse n’abandi bo mu nzego z’umutekano.
Reba amwe mu mafoto y’ingenzi yaranze ibyo birori:
Reba uko ibirori byagenze muri izi Videwo:
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|