Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

Ibitekerezo   ( 298 )

UMUKOBWA,AKUBWIYENTAYAGAMWIJOROABAGUKUNDA?

JEANMARIE yanditse ku itariki ya: 18-10-2016  →  Musubize

Jewe iciyumviro novuga nuko nibazako gukundana atari ubusambanyi ahubwo mwokwihangana gushika kuri mariage.

Eraste yanditse ku itariki ya: 14-10-2016  →  Musubize

NKUNZEUMUKOBWA ARIKOTUGANIYEAMPAUMWANYAMUTO.NONEUBWO ARANKUNZE?

MUNT- JEROME yanditse ku itariki ya: 14-10-2016  →  Musubize

Guknd Bisaba Umweturengej Can

Gabriel yanditse ku itariki ya: 4-10-2016  →  Musubize

Ubundi Buriya Umukobwa Agukunda Neza Abayipfuzako Mwakwjmana Ighe Kinini

Gabriel yanditse ku itariki ya: 4-10-2016  →  Musubize

Amahoro njyewe haricyo mbwira bagenzi banjye gukundana sugusambana mukundane mifite gahunda kuko umuhungu akunda umukobwa bamara kuryamana akamwanga ubwo ntacyo navuga kuribyo kuko abayanga ko umyangiriza ubuzima murakoze gusa mujye mutugira inama zubaka nkizi ejo hacu heza bizatuma twubaka ingo zacu zigakomera

Rubanguka james yanditse ku itariki ya: 3-10-2016  →  Musubize

Amahoro njyewe haricyo mbwira bagenzi banjye gukundana sugusambana mukundane mifite gahunda kuko umuhungu akunda umukobwa bamara kuryamana akamwanga ubwo ntacyo navuga kuribyo kuko abayanga ko umyangiriza ubuzima murakoze gusa mujye mutugira inama zubaka nkizi ejo hacu heza bizatuma twubaka ingo zacu zigakomera

Rubanguka james yanditse ku itariki ya: 3-10-2016  →  Musubize

ndakunze umukobwa muga tucaribato uwo mukobwa ndamwandikiye ikete nduhuye arantwengera naje nkamutwengera none kubera antwengera aba ankunda?iyonduhuye arandamuca kandi atwenga arankunda canke ntankunda

niyubuntu anicet yanditse ku itariki ya: 2-10-2016  →  Musubize

Ndagira ngo mungire inama nakunze umukobwape! nawe arankunda ariko hashyize amezi10 ntarongera kumubona nibazako ashobora kuba atakinkunda none shyake undi?

Ni Fabrice yanditse ku itariki ya: 1-10-2016  →  Musubize

Ndakundumukobwa we simbona kwankunda none nocA ndamuhebA ?

elie yanditse ku itariki ya: 28-09-2016  →  Musubize

Hemwe je nakunze umukobwa kandAbwira kwankundA mugAbo ndamubwiye turyamane ambwirA ti kuryamanA mpaka ngarimunzu yanje nofatiki ?

elie yanditse ku itariki ya: 28-09-2016  →  Musubize

nukuri gukundana ni byiza ark c mukundana byukuri? .mfite umukobwa nkunda cyane ark sinda bimubwira nshaka kumenyako yaba ankunda nzabibwirwa niki?

alias mapepe yanditse ku itariki ya: 26-09-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka