Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
|
Abantu ibihumbi makumyabiri na bitatu uyu mwaka barafunzwe
Ikigo cy’igihugu gishinzwe igorora gifunze abanyamahanga magana atanu
Imanza ibihumbi makumyabiri zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
Uko Kiliziya Gatolika yabanye n’u Rwanda mu myaka 125 ishize
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha