Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
|
Rayon Sports yasinyishije myugariro wakinaga mu cyiciro cya kabiri
Abakora imigongo, uduseke barashaka ubarengera ku isoko ry’Ubushinwa ryigana ibihangano byabo
Abanya Somaliya bagendereye u Rwanda mu gushaka inzira y’ubumwe n’ubwiyunge iwabo
Uruganda rumaze ukwezi rugiye guha akazi abantu 200 baturutse hanze kuko mu Rwanda habuze abagakora
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha