Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
|
DRC isabwa iki ngo ikine Igikombe cy’Isi nyuma y’igice cy’ikinyejana?
RIB yafunze umukozi wa Rwanda FDA n’umunyenganda bazira ruswa
Intore z’Imbuto Zitoshye zibukijwe ko kwiga byonyine bidahagije
Kigali: Inama ya OIF igiye kwibanda ku iterambere ry’abagore n’urubyiruko
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha