Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
|
Perezida wa Njyanama ya Ruhango yakerewe muri PAC yitwaza ubwinshi bw’imodoka mu muhanda
Byakomeye hagati ya Mbappé n’umusenateri wo muri Paraguay bateranye amagambo nyuma y’umukino wahuje Ubufaransa na Paraguay
PAC yagaragaje impungenge ku masoko ya Muhanga, akarere katavugaho rumwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta
Ibitaro bya Nyabikenke byabwiye PAC ko atari ngombwa ko bikoresha firigo mu cyaro
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha