• Baraganira ku koroherezaabashakashatsi mu buvuzi

    Afurika mu ngamba zo kunoza ubushakashatsi mu buvuzi

    Abashakashatsi mu by’ubuzima bagaragaje ko muri Afurika bitwara umwanya munini kugira ngo bemererwe gutangira ubushakashatsi ku miti no ku nkingo, bikaba bidindiza iterambere ry’ubuvuzi muri rusange.



  • Uwahanutse mu mwobo wa metero 15 agakomereka bikomeye arasabirwa ubufasha

    Sadiki Munganga Gloire w’imyaka 32 y’amavuko, yaguye mu mwobo wa metero 15 z’ubujyakuzimu mu Bugesera aho yabaga mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Karindwi 2025.



  • Lenacapavir Yeztugo, umuti witezweho kurinda SIDA abantu

    U Rwanda rurateganya gukoresha umuti urinda SIDA ufatwa kabiri mu mwaka

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), ivuga ko u Rwanda rurimo gukora ku buryo rwongera imiti imara igihe kinini, iterwa umuntu binyuze mu rushinge (long-acting injectable treatment), mu mabwiriza y’Igihugu ajyanye no gukurikira Virusi itera SIDA, bikazakorwa bidatinze.



  • Coartem Baby

    Habonetse umuti wa Malariya w’impinja n’abana bato, ‘Coartem Baby’

    Ku nshuro ya mbere mu mateka y’Isi, Ikigo cy’ubugenzuzi bw’imiti cy’u Busuwisi (Swissmedic), cyemeje umuti wa mbere wa Malariya wagenewe impinja zikivuka n’abana bakiri bato ‘Coartem Baby’.



  • Dr. Abel Dushiminama, umuyobozi w

    Kunoza imikoranire hagati y’abatumiza imiti na FDA byagabanyije imbogamizi zariho mbere

    Ihuriro ry’abatumiza mu mahanga imiti n’ibikoresho byo kwa muganga, ndetse n’ibiribwa nyongeramirire (Association des Importateurs Grossistes en Produits Pharmaceutiques – AIGPHAR), tariki 27 Kamena 2025 bahuriye mu nama y’Inteko rusange y’abanyamuryango iba rimwe mu mwaka, barebera hamwe ibyagezweho, ndetse baganira ku (…)



  • Abaturage baravurwa ku buntu

    Nyanza: Ingabo za EAC zirimo kuvura abaturage ku buntu

    Bamwe mu Ngabo zo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bateraniye mu Rwanda aho bari mu bikorwa bihuza Ingabo n’abaturage, bakaba bari mu bikorwa by’ubuvuzi ndetse n’iterambere ry’abaturage hirya no hino mu gihugu.



  • Mfitumukiza arashaka uwamukiza

    Umubyeyi witwa Mukanoheli Grace wo mu Kagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve Akarere ka Musanze, aratakamba asaba abagiraneza kumugirira umutima w’impuhwe, bakamufasha kubona amafaranga angana na Miliyoni eshatu n’igice y’u Rwanda, kugira ngo umwana we w’umuhungu avurwe kandi akire ubumuga bw’ingingo bukomeje kumuzahaza.



  • Nyiranshimiyimana Donatille

    Natabawe n’amaraso nari naranze kuyatanga - Ubuhamya

    Nyiranshimiyimana Donatille wo mu Murenge wa Muko, Akarere ka Musanze, arashima gahunda yo gutanga amaraso, nyuma yo gutabarwa na yo ubwo yari yagize ikibazo cyo kuva amaraso menshi amaze kubyara, nyamara we yari yaranze kwitabira gahunda yo kuyatanga.



  • Bakoze urugendo rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w

    Gutanga amaraso ni ibya buri wese ufite ubuzima buzira umuze - Dr Muyombo Thomas

    Umuyobozi w’ishami ryo gutanga amaraso mu Kigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), Dr. Muyombo Thomas (Tom Close), yibukije abantu bagifite impungenge zo gutanga amaraso, ko gutanga amaraso bitagendera ku byiciro by’imibereho y’abantu, ahubwo ko bireba buri wese ufite ubuzima buzira umuze.



  • Imiti ikorwa na NIRDA igiye kujya ku isoko

    Umwaka wa 2026 uzasiga ku isoko imiti yakozwe na NIRDA

    Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ubushakashatsi mu kigo cy’Ubushakashatsi ku Iterambere ry’Inganda (NIRDA), Telesphore Mugwiza, avuga ko umwaka utaha wa 2026 uzarangira ku isoko ry’imiti ivura abantu harimo n’iyakorewe muri iki kigo.



  • Shaka umuntu wese utagira mituelle akande *195# - Umuyobozi wa RSSB

    Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda(RSSB) rurasaba abafite Ubwisungane mu Kwivuza (Mituelle de Santé) gukangurira abatarayishyura kugira ngo batazabura uko bahita bivuza guhera ku itariki ya 01 Nyakanga 2025, ubwo umwaka mushya wa Mituelle 2025-2026 uzaba utangiye.



  • Byadutwaye iminota itanu – Abaganga bakuye igiceri mu gifu cy’umwana

    Kuri uyu wa mbere, itsinda ry’Abaganga ba CHUK muri serivisi y’ubuvuzi bw’indwara zo mu rwungano ngogozi, bakuye igiceri mu gifu cy’umwana w’amezi 18 bifashishije Endoscopy, uburyo bwo gucisha agapira mu kanwa gafite camera, kugira ngo bavure ibibazo biri mu nzira y’igogorwa.



  • RDF yatanze impano zirenga ibihumbi bitandatu ku Munini

    Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda buvuga ko kuva ku ya 28 Mata 2025 kugeza uyu munsi, abaturage bagera ku 6.300 bamaze guhabwa serivisi z’ubuvuzi ku buntu mu bitaro bya Munini bw’Akarere ka Nyaruguru muri gahunda y’inzego z’umutekano mu bikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere.



  • Abantu barakangurirwa kwirinda gufata imiti batandikiwe n’abaganga

    Ubushakashatsi mu by’ubuvuzi bwagaragaje ko muri ibi bihe abantu ibihumbi 700 ku Isi, bapfa buri mwaka bazira ikoreshwa nabi ry’imiti ya antibiyotike (antibiotique), kimwe n’indi miti iba yafashwe mu buryo budakwiye, igiraingarukaku buzima bw’abantu, bagasabwa gufata iyo bandikiwe na muganga.



  • ‘Drones’ zatangiye gutwara imiti ya Malariya y’igikatu

    Nyuma yo kubona ko malariya igenda yiyongera, hakaba n’abarwara iy’igikatu itavurwa n’imiti isanzwe, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), cyatangije gahunda yo kugeza imiti y’iyo malariya ku bitaro no ku bigo nderabuzima hifashishijwe za drones.



  • Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA irahari

    Nta kibazo cy’imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA gihari - RBC

    Ikigo cy’Igihugu cyita ku buzima (RBC), gitangaza ko nyuma y’uko USAID ihagaritse imishinga yateraga inkunga ibihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda, mu rwego rw’ubuzima, nta ngaruka byigeze bigira ku gihugu by’umwihariko muri serivisi zo kurwanya SIDA, harimo n’imiti igabanya ubukana bwayo.



  • Abagore bose batwite bagirwa inama yo kwipisha no kubyarira kwa muganga

    Harabura iki ngo ababyeyi bose babyarire kwa muganga?

    Umuyobozi w’agateganyo wungirije mu Kigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC) Dr Tuyishime Albert, avuga ko ababyeyi batajya kubyarira kwa muganga aribo ntandaro z’impfu z’abana bapfa bavuka, ndetse n’izindi nkurikizi ziba ku buzima bw’umubyeyi n’umwana, kuko 93% aribo bitabira kubyarira kwa muganga kandi bagombye kuba 100%.



  • Ni inyubako ifite ibikoresho bigezweho bijyanye no kubaga abarwayi

    Ibitaro bya Gisenyi byungutse inyubako izagabanya abarwayi boherezwaga ahandi

    Ibitaro bya Gisenyi byashyikirijwe inyubako igizwe n’aho kubagira abarwayi hagezweho, n’ibikoresho hamwe n’ibyumba byo kwigishirizamo abaganga ndetse n’aho gushyira indembe zabazwe, bityo ikaba igiye kugabanya umubare w’abarwayi boherezwaga mu bindi bitaro.



  • Ibitaro bya Kabgayi bikomeje kuvugurura inyubako zabyo

    Muhanga: Abagorwaga no gushakira serivisi za ‘Scanner’ ahandi barasubijwe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga n’ibitaro bya Kabgayi, baratangaza ko bitarenze amezi abiri, haraba harangijwe imirimo yo gushyiramo icyuma kigezweho mu gupima indwara mu mubiri (Scanner), mu rwego rwo gufasha ababigana kubona serivisi zisumbuyeho.



  • Umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE, Dr. Yvan Butera

    Kubaga umutima no gusimbuza impyiko ntibigisaba kujya mu mahanga

    Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), Dr. Yvan Butera, yatangaje ko abantu basaga 500 bamaze kubagwa umutima, naho 44 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda, bityo ko bitakiri ngombwa kujya gushakira izo serivisi mu mahanga.



  • Igishushanyo mbonera kigaragaza imiterere y

    Musanze: Abafite ubumuga bashakiraga serivisi z’Ubugororangingo kure barasubijwe

    Mu Mudugudu wa Mata, Akagari ka Kabirizi mu Murenge wa Gacaca w’Akarere ka Musanze, ni ho hatangiye kubakwa Ikigo kigenewe kwita ku bana bafite ubumuga bw’ingeri zitandukanye, kizaba gifite ubushobozi bwo kwakira abasaga 400; kikazajya gitanga n’ubujyanama ku babyeyi babo, buzatuma barushaho kugira ubumenyi buhagije butuma (…)



  • Ibitaro by CHUB aho ikigo gishya kivura Kaseri kizaba kiri

    U Rwanda rugiye gutangiza ikigo gishya kivura Kanseri

    Mu gihe kugeza ubu mu Rwanda abivuza kanseri bitabwagaho n’ibitaro by’i Butaro n’iby’i Kanombe, ku bitaro bya Kaminuza by’i Butare (CHUB) bazatangira gufasha abafite iyo ndwara muri Nyakanga 2025.



  • Abahawe amahugurwa bavuga ko nta bibazo bazongera kugira babaga ishaza

    Tugiye kujya tubaga ishaza neza kurushaho - Abaganga b’amaso bongerewe ubumenyi

    Abaganga b’amaso 13 bo mu bitaro bitandukanye ku rwego rw’ibitaro bikuru, hirya no hino mu Gihugu, bamaze kunguka ubumenyi bwo kubaga neza ishaza mu jisho hirindwa ingaruka zajyaga zigaragara mu kubaga ishaza (Anterior Vitrectomy).



  • Imishinga yose izakomeza - Minisitiri w’ubuzima ku mishinga yaterwaga inkunga na USAID

    Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, yavuze ko nubwo hari imishinga yagizweho ingaruka no guhagarika inkunga yatangwaga na USAID mu rwego rw’ubuzima, u Rwanda ruri gushaka ubundi buryo bwo kwishakamo ibisubizo.



  • Gasabo yasabye abafatanyabikorwa gucutsa abishyurirwa ubwisungane mu kwivuza

    Mu gutangiza umwaka w’ubwisungane mu kwivuza(Mituelle de Santé) wa 2025/2026 mu Murenge wa Kimihurura, kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Gashyantare ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwasabye abafatanyabikorwa gufasha abaturage bose kwiyishyurira ubwo bwisungane, aho gukomeza kubishyurira nk’uko bisanzwe.



  • Barasaba Leta kugabanya ikiguzi cyo kwiga Ubuforomo

    Ababyeyi barerera mu mashuri yigisha Ubuforomo n’Ububyaza, basaba Leta kugabanya ikiguzi cy’uburezi, kugira ngo bunganire gahunda yo gukuba kane mu gihe cy’imyaka ine(4x4), umubare w’abiga Ubuforomo n’Ububyaza mu Rwanda.



  • Abarokotse impanuka ikomeye yo ku Kirenge batangiye koroherwa

    Nyuma y’iminsi ibiri gusa mu Murenge wa Rusiga ahazwi nko ku Kirenge mu Karere ka Rulindo habereye impanuka ya bisi yahitanye abarenga 20, bamwe mu bayirokotse batangiye koroherwa.



  • Barahugurwa ku kibazo cy

    Akarere k’Ibiyaga Bigari kahagurukiye gukemura ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe

    Ikigo gishinzwe Amahugurwa cy’Inama Mpuzamahanga y’Akarere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR-RTF), cyasabye inzego z’ibihugu bigize uyu muryango gukemura ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe byatewe n’intambara, mu rwego rwo kubaka amahoro arambye muri aka Karere kagizwe n’ibihugu 12 bya Afurika.



  • Abasenateri bumva ibibazo biri muri za Poste de santé

    Abayobora Poste de santé barasaba kujya bahabwa imiti ya Malariya ihagije

    Abayobozi b’amavuriro y’ibanze (Poste de santé) ndetse n’abafite aho bahurira n’inzego z’ubuzima mu Karere ka Kicukiro, bagaragarije Abasenateri impamvu badatanga serivisi nziza ku barwayi ba Malariya, ko bituruka ku guhabwa imiti n’ibikoresho biyisuzuma bike nk’uko bigenda n’ahandi, bagasaba ko byakongerwa.



Izindi nkuru: