Mu Rwanda abantu babiri bishwe na Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 19 Gashyantare 2021, abantu babiri bitabye Imana bishwe na Covid-19. Habonetse abanduye bashya 94 naho abakize ni 224 mu gihe abakirwaye ari 1,297.

Abitabye Imana ni abagore babiri b’imyaka 77 (ku Kamonyi) na 42 (i Kigali)

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Mufunge umwuka kabisa tubanze turwanye ikicyorezo burya hagumubuzima kuko ibindibirashakwa

Hagumubuzima emmanuel yanditse ku itariki ya: 20-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka