#COVID19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 83, abakize ni 59

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 06 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 59 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 83, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1442. Mu bari barwaye ntawapfuye, abarembye bakaba ari cumi n’umwe, nk’uko imibare ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka