Bukavu: Batandatu bamaze guhitanwa na Covid-19

Ubuyobozi bwa Kivu y’Amajyepfo buratangaza ko ku itariki ya 4 Kamena 2020 icyorezo cya COVID-19 cyari kimaze guhitana abaturage batandatu.

Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru Théo Ngwabidje ku wa 04 Kamena 2020 yatangaje ko iki cyorezo cyahitanye abarwayi babiri mu barwayi 35 bamaze kukirwara muri iyi Ntara yegeranye n’Akarere ka Rusizi mu Rwanda na ko kamaze kubonekamo abarwayi.

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko abarwayi ba COVID-19 babonetse mu Karere ka Rusizi barimo abasanzwe bakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka hagati ya Rusizi na Bukavu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ningobwako abanyarusizi twakwirinda kujya mutundi turere tw’igihugu

Sindayiheba yanditse ku itariki ya: 6-06-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka