Aba mbere bamaze gukingirwa Covid-19 (Amafoto)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Werurwe 2021, abantu ba mbere bakingiwe Covid-19 nk’uko byari biteganyijwe muri gahunda ya Minisiteri y’Ubuzima, nyuma yaho inkingo zisaga ibihumbi 300 zigereye mu Rwanda.

Aheshi bahereye ku bayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’abaganga, nka bamwe mu bahura n’abantu benshi ku buryo baba bafite ibyago byinshi byo kwandura icyo cyorezo.

Niyonsenga Aimé François, FED Gakenke
Niyonsenga Aimé François, FED Gakenke

Abakingirwa babanza kuzuza urupapuro ruriho amabwiriza ajyanye n’urwo rukingo ku wifuza gukingirwa.

Rubavu

Abategereje gukingirwa buzuza ibyangombwa
Abategereje gukingirwa buzuza ibyangombwa

Nyagatare

Bugesera

Burera

Abanjyanama b'ubuzima bakingiwe
Abanjyanama b’ubuzima bakingiwe

Muhanga

Ku bitaro bya Kabgayi abikingiza bitabiriye ari benshi
Ku bitaro bya Kabgayi abikingiza bitabiriye ari benshi
Abakingiwe bameze neza
Abakingiwe bameze neza
Abakecuru bihutiye kujya kwikingiza
Abakecuru bihutiye kujya kwikingiza
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka