• Minisitiri Rwangombwa yagiranye ibiganiro na minisitiri ushinzwe ubutwererane n’iterambere mu Bubiligi

    Minisitiri w’imali n’igenamigambi John Rwangombwa uri mu ruzinduko mu gihugu cy’Ububiligi, yaraye agiranye ikiganiro na mugenzi we Olivier Chastel, ushinzwe ubutwererane n’iterambere muri icyo gihugu.



  • Ibitaro bya gisirikare Kanombe (KMH) bigiye kwegurirwa leta

    Abadepite bemeje itegeko rigamije kugira ibitaro bya Gisirikare bya Kanombe (KMH), ikigo cya leta kandi kibarirwa mu bitaro fatizo kuko ibisabwa byose kugirango bijye muri icyo cyiciro byose bihari, nyuma y’uko Minisitiri w’ingabo yabisobanuye ubwo yari imbere w’inteko kuri uyu wa Kane.



  • ABATSINDIYE GUHAGARARIRA ABATURAGE MURI SENA BARAMENYEKANYE

    Buri myaka umunani abanyarwanda bitorera abazabahagararira mu mu nteko inshinga amategeko; umutwe wa Sena (Abasenateri), Uburasirazuba, Uburengerazuba, Amajyepfo bahagararirwa n’abasenateri batatu, Amajyaruguru babiri naho umujyi wa Kigali ugahagararirwa n’umusenateri umwe, na babiri batorerwa guhagararira Amashuri makuru (…)



Izindi nkuru: